Mu nteko ishinga amategeko Minisitri w’uburezi Prof Silas RWAKABAMBA yagaragarije abadepite ko izingiro ry’ibibazo bihora mu nguzanyo z’abanyeshuri biga Muri kaminuza ari amafaranga make igihugu u Rwanda rufite atajyanye n’umubare w’abanyeshuri. Abadepite bibajije impamvu ibi byari byaragizwe ubwiru n’abayobozi mu nzego z’uburezi kugeza ubwo abanyeshuri batabaza itangazamakuru n’inteko.
http://gahunde.org/2014/12/15/rwanda-ubukungu-bwifashe-nabi-cyane-uburezi-bukahababarira/
http://gahunde.org/2014/12/15/rwanda-ubukungu-bwifashe-nabi-cyane-uburezi-bukahababarira/
Comments
Post a Comment