----- Forwarded Message -----
From: Simeon <ijwiryarubanda@ijwiryarubanda.com>
To: ijwiryarubanda@ijwiryarubanda.com
Sent: Friday, October 11, 2013 10:20 AM
Subject: Urararitswe kugira uruhare mu Urubuga Rwa Twese rwa none tariki ya 11/10/2013.
Komera.Nagiraga ngo nkurarikire mu Urubuga Rwa Twese rwa none kuwa gatanu tariki 11/10/2013. Iratangira saa 18h isaha y'i London, ni ukuvuga saa 19h isaha y'i Kigali.Ibiteganywa kugibwamo impaka biri aha: http://ijwiryarubanda.com/ 2013/10/ ese-koko-gushaka-guhuza-amashya ka-ya-opozisiyo-uko-tuyazi-ubu -ni-nko-kubaka-umunara-wa-babe li/Guhuriza hamwe ibitekerezo bya twese nibyo bizadufasha kwubaka u Rwanda twifuza.Ni aho mu kanya rero.Simeon.Ijwi Rya Rubanda.- Ibiganiro byahise: http://ijwiryarubanda.com
- Urubuga Rwa Twese: http://ijwiryarubanda.com/urubuga/ (ushobora guhita uhatangariza inyandiko yawe. Nta censure.)
========================
Comments
Post a Comment