JB,
Njye numva iyo EAC yesunyuka abategetsi bo mu karere bagashyiraho undi muryango mushya uhuza ibihugu birenze EAC. Mbona EAC isa nikora nkaho nta bindi bihugu biyicicije. Biraabje ki nyuma y;imyaka 50 Africa ifite ubwigenge, hakiri udutsiko tw'uduhugu duke dushaka gukomeza kugira imyiryango iduhuje.
On Sunday, 3 November 2013, 21:26, Jean Bosco Sibomana <sibomanaxyz999@gmail.com> wrote:
Amakuru atangazwa n'ibinyamakuru byo muri Tanzaniya aremeza ko icyo
gihugu cyatangiye kwisunga DR Congo na Burundi mu mishinga mishya.
Itsindwa rya M23 rikerekana ko South Africa nayo yashinze ibirindiro
muri DR Congo aho itoza abasirikare ba Kongo barenze 4,000.
Ayo makuru aremeza kandi ko Tanzaniya idashyigikiye imishinga mishya
ya Rwanda na Kenya na Uganda nko ku byerekeye visa imwe yaba
mukerarugendo.
Aha rero umuntu akaba yakwibaza aho EAC igana, niba itarimo
gusenyuka?...Ariko njye ndabona isenyuka rya EAC hari abo rizahitana
aka rwa ruzi rwarenze inkombe.
--
SIBOMANA Jean Bosco
Google+: https://plus.google.com/110493390983174363421/posts
YouTube Channel: http://www.youtube.com/playlist?list=PL9B4024D0AE764F3D
http://www.youtube.com/user/sibomanaxyz999
***Online Time: 7H30-20H00, heure de Montréal.***Fuseau horaire
domestique: heure normale de la côte Est des Etats-Unis et Canada
(TU-05:00)***
__._,_.___
Reply via web post Reply to sender Reply to group Start a New Topic Messages in this topic (1) Recent Activity:.![]()
__,_._,___
Comments
Post a Comment